Ingabo za Kenya zivuganye batanu mu ndwanyi zo mu mutwe w’iterabwoba w’ Al-Shabaab kuri uyu wa mbere mu bikorwa bya gisirikare byabereye mu ishyamba rya Boni mu gace ka Lamu.
ShareIndwanyi 5 z’Al Shababu zishwe n’igisirakare cya Kenya

Umuvugizi w’Igisirikare cya Kenya avuga ko hafashwe intwaro nyinshi z’abo barwanyi ndetse hanakomeretswa benshi mu batorotse.
Umuvugizi w’Igisirakere yasabye ubufasha ku baturage bo muri ako gace gutanga amakuru ku bantu bagaragaraho ibikomere bari gushaka ubufasha kwa muganga.
Umuvugizi w’igisirikare akomeza atangaza ko ibikorwa bwo kurwanya abo barwanyi bizakomeza kugeza ubwo nta bikorwa by’iterabwoba bizongera gutezwa n’uwo mutwe.
COMMENTS
LEAVE A COMMENT BELOW
OTHER NEWS
Inyeshyamba zari zisigaye muri Ghouta zamanitse amaboko
Paul Khalifeh, umunyamakuru wa RFI, uri i Beyrouth aravuga ko aya makuru yemejwe (...)
By | 2 April 2018 | 0 (comments)Nyabisindu: Abagore ntibatuje kubera ihohoterwa ribakorerwa
Muri aka kagari ngo hakunze kumvikana abagabo bishe abagore babo cyangwa abagore (...)
By | 15 March 2018 | 0 (comments)Yabujijwe kuririmbira muri Zambia kubera ko atambara akenda k’imbere
Zodwa Wabantu yurijwe indege imusbuiza iwabo akimara kugera i Lusaka kuko (...)
By | 13 March 2018 | 0 (comments)Ingabo za Turikiya zazengurutse umujyi wa Syria ufitwe n’Aba-Kurude
Itangazo riravuga ko ingabo n’inyeshyamba zishyize hamwe zo muri syria zigaruriye (...)
By | 13 March 2018 | 0 (comments)Minisitiri w’Intebe wa Palestine yarokotse iturika rikomeye ubwo yinjiraga i Gaza
Iki giturika cyari gihamije imodoka zari ziherekeje Ministre w’Intebe wa (...)
By | 13 March 2018 | 0 (comments)